
Impamvu ukeneye ‘bestie’ mu kazi
Ubushakashatsi bumwe bwagaragaje ko 30% by’abakozi ku Isi na 63% by’abari mu kigero kizwi nka “Gen-Z” bafite inshuti magara bakorana, ibyo bikagaragaza uburemere bwo kutagira inshuti mu murimo aho bamwe babayeho nka nyakamwe. Inshuti nziza mu kazi kawe si wa wundi ukoshya mukagakora mugononwa cyangwa umusaruro mwitezweho ukadindira mufatanyije. Ahubwo