
Ibyo kuzirikana mbere yo kwihangira umurimo
Ubushakashatsi bwa LinkedIn bwagaragaje ko 57% by’abacuruzi bavuga ko bareka ubucuruzi bwabo bitewe n’ibibazo birimo n’iby’abakozi batihagije mu bumenyi. Guhanga umurimo ni umwanzuro benshi bafata buhumyi
TikTok yamubereye isoko y’agatubutse-
Ibyo wamenya kuri Kimenyi Tito
Urukundo agirira abana yarubyaje akazi|| Ikiganiro na Uwase Flower
Yanyomoje abagaragaza abafite ubumuga nk’abadashoboye! Urugendo rwa Iradukunda udoda inkweto
Ubushakashatsi bwa LinkedIn bwagaragaje ko 57% by’abacuruzi bavuga ko bareka ubucuruzi bwabo bitewe n’ibibazo birimo n’iby’abakozi batihagije mu bumenyi. Guhanga umurimo ni umwanzuro benshi bafata buhumyi
Dusabamahoro Joselyne ni umugore w’imyaka 30 utuye mu Karere ka Kirehe, umaze imyaka 15 ari umudozi, aho avuga ko ari akazi abantu benshi basuzugura ariko
Raporo y’ikigo cy’ubushakashatsi cya Pew Research Center ya 2020 yagaragaje ko benshi batakaza ibyiyumviro by’urukundo bagasigara umutima wabo wo gukunda usa n’uwafashwe n’ikinya. Ni ubushakashatsi
Ubushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) bwagaragaje ko hakwiye kongerwa imbaraga mu gutanga inyigisho ku isuku y’abagore bari mu mihango n’uburyo bwo kubona ibikoresho
Gakire Luka wiga muri Kaminuza y’u Rwanda- Ishami rya Remera, afite umushinga wo kwigisha abantu amateka y’u Rwanda binyuze mu buryo yise “Virtual Reality” na “PC Game
Hari itandukaniro rinini hagati yo kubaho nkawe no kubaho ugambiriye kunezeza abandi. Gutakaza ubushobozi bwo kubaho wishimisha, ugashimisha abandi bigaragaza iki? Hari ibintu bidasabirwa ibisobanuro.