
Ibisubizo by’ibibazo abagore bibaza ku mihango
Ibihe by’imihango ni umugisha ku mugore kuko bigaragaza ubuzima bwiza. Niba uri umugore uzabyumva neza nurenza ukwezi, amezi abiri cyangwa angahe ntayo ubona. Mu kiganiro
TikTok yamubereye isoko y’agatubutse-
Ibyo wamenya kuri Kimenyi Tito
Urukundo agirira abana yarubyaje akazi|| Ikiganiro na Uwase Flower
Yanyomoje abagaragaza abafite ubumuga nk’abadashoboye! Urugendo rwa Iradukunda udoda inkweto
Ibihe by’imihango ni umugisha ku mugore kuko bigaragaza ubuzima bwiza. Niba uri umugore uzabyumva neza nurenza ukwezi, amezi abiri cyangwa angahe ntayo ubona. Mu kiganiro
Uburibwe n’agahinda yaguteye bibaye byinshi wihina mu gitanda urira ijoro ryose, ibikorwa bigufitiye inyungu za buri munsi nk’akazi birakunaniye kubera intimba, ibyiyumviro byawe bijemo agatotsi.
Uwamahoro Esther w’imyaka 25, yishakiye inzira z’iterambere rye nyuma yo guhagarika ishuri ku bw’ubushobozi buke akayoboka umwuga wo kuboha imyambaro. Uyu mukobwa ukomoka mu Karere
Kuba umuherwe no kugira ubutunzi bwinshi bisaba intego zihamye. Ariko si ibintu bikwizanira mu munsi umwe cyangwa ukwezi kumwe, ahubwo ni urugendo rusa no kubaka.
Mukamuranga Josephine wo mu Karere ka Nyamasheke uboha ibiziriko mu mifuka yakoze avuga ko bimutungiye umuryango akagaya abanga gukora imirimo y’amaboko bakishora mu ngeso mbi.
Ubushakashatsi bwerekana ko abagabo 20-25% n’abagore 10-15% bashatse, bemera ko bagiye baryamana n’abandi bantu batari abo bashakanye nibura inshuro imwe. Abagera kuri 68% by’abatuye Isi