Amakuru

abanyeshuri bahawe amahugurwa
Kwihangira imirimo

Ibyo ukwiye kwitaho mu gihe ushaka kwihangira umurimo

Imibare y’abasoza amashuri yaba ayisumbuye na za kaminuza ku byiciro binyuranye, ntisiba kwiyongera. Nyamara abahabwa akazi ni mbarwa, ku buryo igitekerezo gisumba ibindi ari ugutekereza

Ubuzima

Ubuzima bw’Imyororokere

Gera ku makuru ajyanye n’ubuzima bw’imyororokere yizewe kandi atagira uwo yibasira.

Virusi Itera SIDA

Aha wahasanga amakuru ajyanye n’Agakoko gatera Sida ndetse n’urubuga rwo kuganiriramo byinshi kuri iyi ndwara. .

Ibiyobyabwenge
&
Kubatwa

Kubatwa n’ibiyobyabwenge ni ibintu bidashobora gutandukana, aha tuzajya tuganira uburyo twahangana n’ibi bibazo byombi.

Ubuzima bwo mu Mutwe

Kuganira ku buzima bwo mu mutwe ni ingenzi cyane, aha hazatubera urubuga rwo kubiganiro kugira ngo tugire ubuzima buzira umuze.